Ahabanza Amakuru Abo turibo Amamaza Twandikire Umuryango Mail
Ibirimo
RDB Ads
BPR Ads
QQP Ads
Radio Izuba
Radio Flash
RSS Feed
Google Ads
Umuryango
igihe.com ifite Abanyamuryango
3800
. : : Iyandikishe : :
IndwaraAstuces

Gukoresha umunwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina bishobora gutera kanseri yo mu kanwa


posted on May , 31 2011 at 11H 40min 40 sec viewed 33546 times



Bisanzwe bizwi ko umugabo n’umugore (kuri ubu hasigaye hariho n’abagabo babiri cyangwa abagore babiri) baba bafite uburyo butandukanye bwo gukoramo imibonano mpuzabitsina, cyangwa uburyo bwo kwitegura mbere yayo. Muri bwo rero, gukoresha umunwa (oral sex), haba umugabo ku gitsina cy’umugore (cunnilingus) cyangwa umugore ku gitsina cy’umugabo (fellation/fellatio) bukaba bushobora gutera kanseri yo mu kanwa.

Ibyo ni ibyatangajwe na Dr Maura Gillison wo muri Kaminuza ya Ohio, ubwo yamurikaga ibyavuye mu bushakashatsi yari aherutse gukora. Akurikije imibare yabonetse mu gihe cy’imyaka 33 (1974-2007), yasanze umubare w’abantu barwaye kanseri yo mu kanwa wiyongereyeho 225% (ni ukuvuga ko wikubye kabiri, ukiyongeraho na 25% kandi), ngo abenshi mu bandura iyo ndwara bakoresha umunwa mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, kandi bakanabikorana n’abantu benshi abtandukanye (partenaires multiples).

Ubundi mu bintu bitera kanseri yo mu kanwa harimo itabi n’inzoga, ndetse na virusi zitwa human papillomavirus (HPV), akaba ari nazo zorohereza cyane iyo virus ituruka muri iyo mibonano ikoresheje umunwa. Papillomavirus kandi nizo zitera kanseri y’umura (uterus), na zimwe mu ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina.

Inama

- Byagaragaye ko ibibazo bya cancer yo mu kanwa byongerwa n’ubwo buryo bwo gukora imibonano mpuzabitsina yibasira cyane cyane abasore n’inkumi. Aha abakiri bato baragirwa inama yo kwifata.

- Abandi bahura n’ibibazo ni abakorana imibonano mpuzabitsina n’abantu benshi batandukanye. Abashakanye bakaba basabwa kudacana inyuma.

- Hari abibwira ko gukoresha umunwa ku gitsina cy’undi bigabanya ibyago byo kwandura virusi itera SIDA cyangwa izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina. Siko bimeze kuko ishobora kukwinjiramo inyuze mu dusebe turi mu kanwa (niyo mwaba musomana), akaba ari nayo mpamvu iyo usanzwe ufite human papillomavirus (HPV) mu kanwa uba ufite amahirwe menshi yo kwandura. Ku mugore, kwambika agakingirizo igitsina cy’umugabo igihe ukoresha umunwa ni ngombwa, iyo utamwizeye.

Hari n'abasanga igisubizo cyoroshye cyaba ugukorera imibonano mpuzabitsina aho yagenewe, kandi bigakorwa gusa n'abashakanye. Abashaka gushimishanya mbere na nyuma yayo bagakoresha ubundi buryo butari umunwa.

Gusa abashakashatsi bavuga ko ibyo bibazo bya kanseri yo mu kanwa no mu muhogo bidakunze kubaho ku bantu benshi ariko ngo umuntu agomba kwirinda.


Olivier NTAGANZWA
olintagz@igihe.com
facebook
More Articles | >>View all news in this category
Wari uzi ko mu misego habamo mikorobe nyinshi mu buryo utacyeka ?
 
Imibare: ubwandu bwa sida mu rwanda bumaze kugabanuka
 
Kigali: ubutabazi bw’ibanze buzatanga umusanzu ku kugabanya impfu z’abana bato
 
Niyo naba ngiye gupfa sinakongererwa amaraso- umuyoboke w’idini ry’abahamya ba yehova
 
Umubare w’abarwayi b’indwara ya kanseri y’ibere ukomeje kwiyongera
 
Nta mpamvu ikwiye gutuma umwana w’ umunyarwanda avukana ubwandu bwa sida- minisitiri binagwaho
 
Kudakoresha amavuta atukuza birinda ingaruka zitari nke
 
Karongi: ingamba nshya zo kurinda ko abana banduzwa virusi itera sida na ba nyina
 
Buri mwaka mu rwanda hagaragara abarwayi b’ igituntu bakabakaba 8000- dr. gasana
 
Page:1 |
AuthorsComments
Page:1 |
by salisalw Posted 2011-06-29 15:28:32

ahubwose irihe yaje ikadukiza abangirizi nkabo! Imana iturinde.




 
by kivuyee Posted 2011-06-25 16:41:06

Biragatsindwa,ubwo se bibiliya ntivuga ukuri.nibyatumye sodoma na gomora itwikwa byari bigeza ho.kandi ingero y icyaha n urupfu.




 
by nzahaha Posted 2011-06-20 03:02:25

Ingaruka za masturbation:
- Kwikinisha byangiza ubwonko n'umubiri kuko uwo musambana ari mu bitekerezo si umuntu ufatika,
- Umubiri uta calcium nyinshi bigatera ububabare mu magufwa, umuntu akabura intege mu maguru,
- Abana b'umuntu wikinisha ntibakomera kuko intanga z'umubyeyi ziba zitakimeze neza,
- Kugira uburemba mbere ya 40ans no gusaza imburagihe,...
N.B:Ibi bimenyetso ni bimwe no ku bagore. Buretse ko ku mugore biba bibi cyane kuko ahurwa ikitwa ipantalo cyose! smiley smiley smiley smiley




 
by Unknown Posted 2011-06-19 06:41:11

kwikinisha(mastribation)byaba bigira izihe ngaruka kubuzima bwu muntu?




 
by kanziga Posted 2011-06-16 09:12:37

Nimwonkwe!Musubireyo nta mahwa! Huhuhu... smiley Akanyu karashobotse mwa ntwali zo gusambana mwe!Abana bazonka namwe mwonke, hanyuma se! smiley
sekibi ni poubelle kabisa ibintu azana byose ni umwaku, biriya bifilms bya pornographie bikorwa n'amasocietes y'aba illuminati bagamije gukoresha abantu ibibi ku buryo Uwiteka yumirwa smiley ! Wamara kubireba rero ugashyira mu bikorwa!Kazi yako mwoto utakuumiza! smiley




 
by Unknown Posted 2011-06-11 01:58:52

Ndabinginze niba mwandika Imana yo mu ijuru, mujye muyitandukanya n'utumana(imana).
Kdi ibitekerezo byanyu nibyiza kubibona




 
by rwasaa2020 Posted 2011-06-06 09:23:41

muvandimwe, ibidabagiza byose siko biba byiza.
uzabaze uwifatira ka cocaine,urumogi nibindi biyobya bwenge,azakubwira ko
ibyo kwandavura wonka igitsina ari bure ugereranyije na filingi ya mugo.
ubwo se twese tuyoboke mugo ?
Filingi mubyo imana yagutegetse yego kuko ntangaruka mbi.
Filingi mubyo imana ikubuza, uzahura ningaruka utazashobora kwihanganira,
aho niho uzamenya ko ibyo imana itubuza biba ari ku nyungu zacu.
ukoresha umunwa yonka cg arigata mu gitsina aba yatakaje kimwe mubimugize umuntu kuko asuhubije ubwenge mugitereko ntiyabikora.
turi mubihe by'imperuka, aho ikiremwa muntu imana yahaye ubwenge kizakora
amarorerwa atakorwa n'inyamaswa.
Filingi mu kibuno, Filingi mu kanwa,hanyuma?
kurya amabyi asukuye nibyo?
kunywa inkari zisukuye nibyo ?
munyarwanda reka kwigana ibibi byabandi kuko imana yaguhaye umuco mwiza.
ejo muzarya imbwa kuko abashinwa bakunda kuzirya ?
YEWE NANGWA NURIYE IMBWA AHO KONKA cg KURIGATA MU MWANDA NGO NI FILINGI.
KANSERI IRABARINDIRIYE.




 
by Unknown Posted 2011-06-01 04:26:11

ahahaha,narumiwe




 
by ibrahimovic Posted 2011-05-31 15:14:39

kuva cyera twemera tubonye.




 
by tourainelandry Posted 2011-05-31 11:28:04

hahaha yewe birakabije ubwo se nakya kwinjiza mu kanwa ntabuze aho ninjiza!!!




 
by Unknown Posted 2011-05-31 10:19:45

Murabivuze numva ndabishaka, sinjye urota ngeze mu rugo, madame abinkorere weeeeeeeee




 
by bimenyasaid Posted 2011-05-31 10:02:39

ibyo Qor`an yarabibujije kera, sinzi ibyo muba muvumbuye Qor`an n`imvugo z`intumwa (Sww) bimaze imyaka 1400 kuri iyi si ya allah. hari n`ibindi bitemewe mu mibonano harimo kurongora inyuma(mu kibuno) ibi byose ni haramu cyane. ni mukizwe rero naho uburakari bwa Allah burakomeye.




 
by kundwa1 Posted 2011-05-31 09:38:26

Irari riratwita rikabyara icyaha,icyaha nacyo kigatwita kikazabyara urupfu! Ibyo niko bibiliya ibivuga, kandi bibiliya ni imvugo y'Imana ubwayo, ntabwo rero abantu bari bakwiye kujya bakora ibibuzanyijwe bigeze aho gusambanisha umunwa, nubwo no gusambana bisanzwe nabyo ari icyaha, ngo bishirire aho ngaho. Nibitari cancert bizajya bigera kuri bene abo bantu, baba abasambanisha umunwa, baba abisambanya ubwabo, baba n'abagabo cyangwa abagore basambana n'abo bahuje ibitsina. Ikigeretse ku burwayi bw'umubiri, ni ukuzarimbukira muri gehinomu nibaramuka batagiriwe imbabazi zo kumenya KWIHANA IBYAHA.




 
by dougrach4 Posted 2011-05-31 08:00:31

nihatali pe...........iramara benshi niba aribyo rero...kuko ubu buryo bukoreshwa na benshi




 
by rwasaa2020 Posted 2011-05-31 06:51:02

Urakoze cyane bwana Olivier NTAGANZWA,nari maze iminsi nta mahoro mfite, kuva natangira kunva ikiganiro cya zirarazishya kinyura kuri radio Flash kiba kucyumweru guhera saa tatu za nijoro kugeza sa sita, maze kumva inshuro nyinshi cyane abayoboye icyo kiganiro bashyigikira kiriya gikorwa kitagira izina mukinyarwanda, mubyukuri ibiganiro byabo bifasha benshi,ariko bajye babanza basuzume ko ibyo bigisha bidatandukira amategeko y'imana n'umuco wacu.
Amadini yose yemera ko imana yarimbuye sodoma na gomora kugihe cy'intumwa yayo Loti, abantu be ntakindi imana yabahoye uretse gukora imibonano mpuzabitsina muburyo burakaza imana,kugezaho abagabo ku bagabo bendana mu kibuno(mu mbabarire nabuze ubundi buryo mbivugamo)none niba imana yararimbuye abantu bakoreshaga igitsina cyabo kivamo umwanda ikabahora ko bacyinjiza ahava umwanda ukomeye,urabona ute ugikoresha mu kanwa cg akabikoresha umunwa? koko harimo icyubahiro ki? ngo nu kwigana abazungu? pu, NTAMPFURA YANDAVUYE.




 
by sibaniro Posted 2011-05-31 06:49:32

aka n,akumiro barashaka ko tureka gucukura umunyu ra? hariya hantu mpakunda kubi yebabawee ndabuwande bahuuu!!!! ariko ndibaza ko izo kanseri zirwara abazungu kuko abagore babo banuka mu bituba bikabije kubera kutozamwo uko bikwiye no gukaraba gacye kwabo! bafite bya sifilisi by,igikatu cyangwa se aba gabo babo badasiramuye noneho kiriya gihuu kikabika umwanda bikaba byatera uburwayi umugore waryamanye nabo. ariko rero ntakintu kiryoshye nkakiriya kwonka ibwami kwa sultani iyo uwo mubikorana azi kwisukura bihagije arakudabagiza kakahava.




 
by Unknown Posted 2011-05-31 05:05:08

ibyo ni ukubicukura tukareba koko smiley




 
:) :D ;) :p
:lol: :euh: :( :o
:colere2: o_O ^^ :-째
Email Adress :
Place your comment here:
(Maximum characters: 1000)
You have characters left.
Choose your avatar:
Copyright © 2009 - 2010 - IGIHE Ltd - All Rights Reserved
Ibyerekeye iyubahirizwa ry’ubuzima bwite (Privacy policy) | Uburyo bw'imikoreshereze (Terms of use)
Our blog : http://igiheltd.blogspot.com