Ahabanza Amakuru Abo turibo Amamaza Twandikire Umuryango Mail
Ibirimo
RDB Ads
BPR Ads
QQP Ads
Radio Izuba
Radio Flash
RSS Feed
Google Ads
Umuryango
igihe.com ifite Abanyamuryango
3800
. : : Iyandikishe : :
Amakuru atandukanyeHirya no hinoUtuntu n'utundiUyu munsi mu mateka

Ibiganiro by 'amahoro hagati ya Israel na Palestine byasubukuwe


posted on Sep , 02 2010 at 19H 31min 43 sec viewed 1343 times



Imishyikirano y’amahoro hagati ya Israel na Palestine yasubukuwe kuri uyu wa Kane mu biganiro hagati ya Benjemin Netanyahou, Minisitiri w’Intebe wa Israel, na Mahmoud Abbas, Perezida wa Palestine. Umuhuza mu biganiro ni Madamu Hillary Clinton.

Nk'uko tubikesha France24, kuva mu mpera z’umwaka wa 2008, imishyikirano imbonankubone hagati y’abanyapolitiki ba Israel na Palestina yari yarahagaze. Ibiganiro bya none byabereye I Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Nyuma y’uko Madamu Hillary Clinton ashimiye abayobozi bombi kuba basubukuye ibiganiro by’amahoro, Benyamin Netanyahou yavuze ko buri ruhande rugomba kugira ibyo rwigomwa.

Netanyahou arasaba ko Palestine yubaha kandi ikubahiriza Israel nk’igihugu cy’Abayahudi, mu gihe Abbas na we asaba ihagarikwa burundu rw’ubukoloni bwa Israel ku gihugu cye, kandi n’ibihano (embargo) byose byafatiwe Palestine bigakurwaho. Aba bayobozi bombi bahanye umukono bagaragaza umunezero ubwo bemeranywaga kuri ibi byifuzo.

Foto: France24

Williams N.
facebook
More Articles | >>View all news in this category
Minisitiri w’intebe makuza ari mu nama y’afurika yunze ubumwe, aho biga ku kongerera ubushobozi urubyiruko
 
Nyuma ya raporo ivuga ko mu rwanda abana bashorwa mu buraya, hafashwe ingamba zikumira iyi ngeso
 
Afghanistan: abatalibani bahitanye abantu icumi mu gitero bagabye i kaboul
 
Gicumbi:hatashywe amacumbi yubakiwe abatishoboye
 
Monaco: ku myaka 53, igikomangoma albert ii arava mu buselibateri kuri uyu wa gatandatu
 
Kigali: komisiyo y'u rwanda ikorana na unesco yamuritse ibikorwa byayo ku mugaragaro
 
U bufaransa : urukiko rwimuye urubanza ingabo z’u bufaransa ziregwamo gufata abagore ku ngufu mu 1994
 
Abagore bari mu nteko ishinga amategeko bavuga ko abagore bagenzi babo bagihura n’ihohoterwa
 
Beijing: amahanga ntiyishimiye uruzinduko rwa perezida wa sudani mu bushinwa
 
Page:
AuthorsComments
Page:
:) :D ;) :p
:lol: :euh: :( :o
:colere2: o_O ^^ :-째
Email Adress :
Place your comment here:
(Maximum characters: 1000)
You have characters left.
Choose your avatar:
Copyright © 2009 - 2010 - IGIHE Ltd - All Rights Reserved
Ibyerekeye iyubahirizwa ry’ubuzima bwite (Privacy policy) | Uburyo bw'imikoreshereze (Terms of use)
Our blog : http://igiheltd.blogspot.com